in

Amakuru mashya; Niyo Bosco yatandukanye na Irene nyuma yo gutangaza ko inzara imwishe

Umuhanzi Niyo Bosco wakoranaga na Mulindahabi Irene binyuze muri sosiyete ya MIE, kuri ubu bamaze gutandukana nk’uko bikubiye mu ibaruwa uyu muhanzi yanditse asezera.

Mu ibaruwa Niyo Bosco yandikiye MI Empire asezera yatanze impamvu ebyiri zatumye ahitamo gusezera kuri Mulindahabi Irene bari bamaze igihe bakorana.

Kimwe mu byo Niyo Bosco ashinja MI Empire ni ukuba batamukorera ibihangano nk’uko biri mu masezerano, ikindi avuga ni uko kuva batangira gukorana atarahabwa 30% by’amafaranga aturuka ku mbuga nkoranyambaga zirimo na Youtube.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu 7 abagore cyangwa se aba kobwa bakunda kuganiraho iyo bahuye.

« Uri mwiza, umugore mwiza… » – Ifoto ya Miss Keza Joannah yavugishije benshi kuri instagram