in

Amakuru mashya ku kiraro giherutse gutwarwa n’amazi bigatuma imbangukiragutabara yari ihetse umurwayi ihera mu isayo amasaha arenga 8

Mu minsi yashize nibwo imbangukiragutabara (Ambulance) yo ku bitaro bya Remera-Rukoma yarohamye itwaye umurwayi iva ku kigo nderabuzima cya Kabuga, imujyanye kuri ibyo bitaro, yatwawe n’amazi y’umugezi uri hagati y’Imirenge ya Runda na Ngamba.

Gusa ku bw’amahirwe abari muri iyo mbangukiragutabara bavuyemo ari bazima.

Kugeza ubu ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwijeje abaturage ko bugiye gukora ibishoboka byose bukubaka ikiraro n’umuhanda uheruka kugwamo ambulance, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’imigenderanire.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’Amavubi Frank Spittler Torsten yirukanye abakinnyi banyuma asigarana intwaro zikomeye gusa

GMT30 : APR WVC yafatiranye RRA WVC iyitsibura ntakubabarira iyitwara igikombe.