in

Amakuru atari meza ku muhanzikazi Celine Dion umaze umwaka urenga yaribasiwe n’uburwayi budakira

PARIS, FRANCE - JULY 03: Celine Dion attends the Valentino Haute Couture Fall/Winter 2019 2020 show as part of Paris Fashion Week on July 03, 2019 in Paris, France. (Photo by Pascal Le Segretain/Getty Images)

Nyuma y’umwaka urenga bimenyekanye ko umuhanzikazi wigaruriye imitima y’abatari bake Celine dion afite uburwayi butamworoheye amakuru yatangajwe n’umuvandimwe we

witwa Claudette Dion yavuze ko kuri ubu ubuzima bwa Celine Dion bukomeje kugana ahabi dore ko indwara arwaye yitwa

stiff-person syndrome yamurenze dore ko kuri ubu imitsi ye yatangiye gutakaza ubushobozi ngo kuko isigaye yikoresha.

Kuva Celine Dion yarwara iyi ndwara y’imyakura izwi nka Stiff-Person Syndrome umuryango we wakomeje gutangaza uburyo uyu muhanzikazi amarewe dore ko yarwaye afite ibitaramo bizenguruka uburayi .

Icyo gihe ku itariki ya 08 Ukuboza 2022, nibwo umuhanzikazi Céline Marie Claudette Dion yatangaje ko ahagaritse ibitaramo yari afite ku mugabane w’i Burayi byari kuzaba mu mpeshyi ya 2023,

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Coach Gael Ureberera inyungu za Bruce Melodie ashaka kuzana umukino udasanzwe mu Rwanda gusa nturebwa n’ubonetse wese

Dj Brianne yagereranyije Yago nk’umuntu wataye umutwe