Regé-Jean Page ukomoka muri Zimbabwe ukina firime aherutse guca agahigo ko kuba umugabo wa mbere mwiza ku Isi hagendewe ku bushakashatsi bwakozwe.
Mu minsi ishije ni bwo hatangajwe urutonde ruyobowe n’umukinnyi wa filime Regé-Jean Page ukomoka mu gihugu cya Zimbabwe ku mugabane wa Africa.
Uru rutonde rwakozwe n’abashakashatsi bifashishije tekinoroji ya mudasobwa yo gushushanya isura nziza y’umuntu.
