in

Amafoto agaragaza ibihe by’agatangaza abakobwa bari muri Miss East Africa barimo.

Mu mu gihe habura iminsi mbarwa ngo hamenyekane uwegukanye ikamba rya Miss East Africa, abakobwa b’uburanga barimo n’Umunyarwandakazi Umunyana Shanitah bahatanira iri kamba, bakomeje kugira ibihe by’agatangaza aho kuri iyi nshuro banashyigikiwe na Miss World Russia.

Biteganyijwe ko iri rushanwa rizasozwa kuwa 24 Ukuboza 2021 habaye ntagihindutse. Abakobwa 16 ni bo bitabiriye iri rushanwa, bakaba bahagaragariye ibihugu bitandukanye byo muri Afrika. U Rwanda ruhagarariwe na Umunyana Shanitah. Umuhanzi Mbosso niwe uzasusurutsa abazitabira ibirori bisoza irushanwa ry’uyu mwaka naho Idris Sultan akaba ari we uzayobora uyu muhango.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwanafunzi: Abagabo Batashatse Bashobora Kugira Imyitwarire Nk’iyinzererezi (Video)

Umugeni ubyibushye cyane yabyinanye n’umugabo we araseba(Video)