in

Amafoto; Agahinda ku maso ya Mugisha Benjamin [The Ben] asezera bwa nyuma ku mubyeyi we, anavuga ibihe bitari byiza yahuye nabyo mu minsi yanyuma

Agahinda ku munyamuziki Mugisha Benjamin [The Ben] asezera bwa nyuma ku mubyeyi we.

Mu ijambo rye, The Ben yagarutse ku mubano we n’umubyeyi we. Avuga ko yari umubyeyi mwiza n’ubwo mu minsi ya nyuma ye yageragejwe.

Ati “Yari umubyeyi mwiza n’uko mu minsi ya nyuma Satani yamugerageje n’abanyamakuru baramugerageza.”

Yakomeje Ati “Yagize ibihe bikomeye cyane abura ababyeyi be bose akora ibintu bitari byo ariko muri byose ntago wagereranya guca bugufi kwe.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Inshuti n’abavandimwe bari kuririmbira hamwe indirimbo zo kumusezera’ umurambo wa nyakwigendera Papa wa The Ben ugejejwe iwe

“Yarize arahogora kuvuga biramunanira”  The Ben kwihangana byanze araturika ararira ubwo yavugaga bimwe mu byo yibukira kuri papa we witabye Imana[Video]