in

Amafaranga yabo batangiye kuyaha abanyarwanda! Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania ikigera mu Rwanda yakoreye igikorwa cy’ubutwari abanyarwanda bagizweho ingaruka n’ibiza (Amafoto na Videwo)

Ikipe ya Young Africans SC yo muri Tanzania igiye gutanga ubufasha bw’amabati 700 n’imifuka 200 ya sima ku bagizweho ingaruka n’ibiza byibasiye Intara z’Amajyaruguru n’Uburengerazuba muri Gicurasi 2023.

Umuyobozi wa Yanga Eng. Caamil yanatumiye abayobozi ba APR FC bari kumwe muri iki gikorwa. Avuga ko batumiye APR FC nk’ikipe nkuru bubaha, banifuza kugirana umubano.

Yanga Africans SC iri mu Rwanda, aho yaje gukina na Al Merrikh yo muri Sudan, mu ijonjora rya nyuma rya CAF Champions League.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Bwana Juvenal, ngiye kukwirukana muri Kiyovu” KNC yatangaje amagambo akakaye kuri perezida wa Kiyovu Sports mu gihe amakipe yabo yitegura gucakirana

Umuntu uzatinda azawumva kuri radio cyangwa awurebe kuri televiziyo: Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bumaze gutangaza igihe amarembo ya sitade azafungurirwa ndetse n’igihe ntakuka azafungirwa