in

“Bwana Juvenal, ngiye kukwirukana muri Kiyovu” KNC yatangaje amagambo akakaye kuri perezida wa Kiyovu Sports mu gihe amakipe yabo yitegura gucakirana

Mu gihe habura amasaha make ngo ikipe ya Gasogi United icakirane na Kiyovu Sports, perezida wa Gasogi United, KNC yahaye ubutumwa bukakaye mugenzi we Mvukiyehe Juvenal uyobora Kiyovu Sports.

Mu kiganiro KNC yagiranye na Radiyo Fine Fm, yagize ati “Nagaburiye Kiyovu ishonje, Kiyovu itugomba icyibahiro.”

Ubwo KNC yasubizaga amagambo avugwa ko Juvenal yatangaje ko namara gutsinda Gasogi ngo arahita aharira ubuyobizi abandi. KNC we yahise agira ati “Bwana Juvenal, ngiye kukwirukana muri Kiyovu no muri League.”

Uyu mukino wa shampiyona uraba kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Nzeri 2023, urabera kuri Kigali Pele Stadium.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa Rayon Sports ari kubyinira ku rukoma nyuma yo kumenya ko CAF yemeye ko umukino usubikwa ukigizwa inyuma

Amafaranga yabo batangiye kuyaha abanyarwanda! Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania ikigera mu Rwanda yakoreye igikorwa cy’ubutwari abanyarwanda bagizweho ingaruka n’ibiza (Amafoto na Videwo)