in

Aho ayiparitse ugira ngo ni umuyobozi ukomeye uhageze! Bruce Melodie yageze muri BK Arena arinzwe bikomeye ajya guparika Brabus ye yaguze agatubutse maze izindi modoka ziva mu nzira – AMAFOTO

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Nzeri 2023, umuhanzi Bruce Melodie yageze kuri BK Arena arinzwe cyane maze ahaparika imodoka ye ya Brabus yaguze agera kuri miliyoni 400Frw izindi modoka ziva mu nzira.

Uyu muhanzi umaze kuba icyamamare muri Africa, Bruce Melodie yari yitabiriye ikiganiro n’itangazamakuru mu gutegura ibitaramo bizenguruka u Rwanda bya ‘Iwacu na Muzika’.

AMAFOTO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Wikibamba
Wikibamba
9 months ago

Ariko mujya munsetsa ngo yaparitse imodoka igura arenze miliyoni 400. Arinzwe bikomeye ese kurindwa bikomeye byamubuza gupfa ngo nuko afite abamurinda? Ese abo bamurinda aramutse apfuye bakomeza kumurinda ari mumva? Simwifuriza ibibi ariko burya kurindwa kwa nyako n’ukurindwa n’uwiteka .

Umugabo mukuru wubatse yakorakoye amabere y’umukobwa abyaye nyuma y’uko amuguriye telefone ya iPhone 14 (AMAFOTO, VIDEWO)

Ntasha kujya hanze! Kimenyi Yves ufite ubwoba bwa Ntwari Fiacre akomeje gukora ibidasanzwe mu myitozo ku buryo n’umutoza yatangiye gutekereza kumuha agakino (AMAFOTO)