in

Ageze muri Texas: Irakoze Ariella warwaye icyibyimba mu isura agikora ubukwe banze kumubaga muri Kenyatta Hospital

Ageze muri Texas: Irakoze Ariella warwaye icyibyimba mu isura agikora ubukwe banze kumubaga muri Kenyatta Hospital.

Hashize iminsi tubagezaho inkuru y’umurundikazi, Irakoze Ariella warwaye icyibyimba mu isura agikora ubukwe aho cyajemo na kanseri.

Uyu mugore yahise ajya kuvurizwa mu bitaro bya Kenyatta Hospital muri Kenya.

Agezeyo yitaweho by’ibanze gusa ntiyigeze abagwa aho abaganga bavuze ko kanseri ye kuyibaga bigomba kwotonderwa kuko igeze ku kigero cya nyuma.

Nyuma yo kumara igihe muri ibyo bitaro, Ariella yahise ahindura ibitaro abifashijwemo n’umugabo we MoĂŻse.

Kubera kubona atari kwitabwaho neza, umugabo wa Ariella yamujyanye mu bindi bitaro bizwi nka Texas Hospital biri i Nairobi.

Kuri ubu ari kwitabwaho kugira ngo abagwe kanseri yafashe mu isura ye.

Report

What do you think?

2k Points
Upvote Downvote

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza watuvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Claver N
Claver N
8 days ago

Thank you!

Umuramyi Olive Umutesi wamamaye mu ndirimbo “Nkoresha” yarushinze n’umusore wamwimariyemo [AMAFOTO]

Nyuma yo kubyara undi mukobwa ari gushinja Yago kumutera inda – videwoÂ