in

Agahinda ntikica, kagira mubi! Abafana ba Rayon Sports ubwo barebaga umukino wa Al Hilal Benghazi ibamereye nabi bari bamanjiriwe bafite agahinda ku maso yobo – AMAFOTO

Mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Confederation Cup, wahuzaga Rayon Sports na Al Hilal Benghazi, abakunzi ba Murera bari bamanjiriwe nyuma yuko abarabu babatsinze igitego ku isogonda rya 38 umukino ugitangira.

Iki gitego cyaciye intege abafana ba Rayon Sports, ku buryo bahise bamera nk’abanyagiwe n’imvura maze ya mifanire yabo bazwiho iburirwa irengero.

Rayon Sports yakomeje guhatana, biza kurangira ibonye igitego cyo kwishyura gusa birangira isezerewe kuri Penariti 4-2 kuko igiteranyo k’ibitego byari 2-2 mu mukino yose. Birangira isezerewe muri CAF Comfederation Cup itageze mu matsinda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore bakoze inama! Umusore yahamagaje Polisi nyuma y’uko asohokanye n’umukobwa akanga ko bafatikanya mu kwishyura fagitire ya Resitora

Gusomana biba byiza: Dore ibyiza byo gukundana n’umukobwa/umusore mugufi cyane kuri wowe