in

Afite umuryango mwiza kandi wishimye: Nick wo muri City Maid yajyanye n’umugore ndetse n’umwana muri situdiyo za Radiyo [AMAFOTO]

Afite umuryango mwiza kandi wishimye: Nick wo muri City Maid yajyanye n’umugore ndetse n’umwana muri situdiyo za Radiyo.

Umubyinnyi akaba n’umukinnyi wa filime Nick Dimpoz, yajyanye n’umugore we muri situdiyo za Kiss Fm.

Mu kiganiro cyo ku mugoroba gikorwa na Uncle Austin, Nick yazanye n’umuryango we wose.

Ni ibintu byatunguye abantu ndetse biranabashimisha kubera ukuntu baserukanye baberewe.

Nick Dimpoz n’umugore we Sangwa Aline ni ababyinnyi mu itorero rimwe ryitwa Intayoberana.

Aba kandi bari gutegura igitaramo kidasanzwe  bise ‘Akanigi kanjye”

[AMAFOTO]

Report

What do you think?

3.1k Points
Upvote Downvote

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza watuvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Genda Rwanda uri nziza: U Rwanda rwakiriye umunyamahanga wiyemeje kuba umunyarwandakazi [AMAFOTO]

Titi Brown yasohokanye i Mageragere ihungabana rigomba kwitabwaho bicyiri mu maguru mashya