in

Abantu batunguwe no kubona inzu 20 zishya hagasigara igikuta kiriho ishusho ya Yezu gusa

Muri Nigeria haravugwa inkuru itangaje aho inkongi y’umuriro yatwitse amazu asaga makumyabiri hagasigara urukuta rw’urusengero rwari rumanitseho ishusho ya Yezu.

Uhereye ku majwi yumvikanye inyuma ya videwo yagiye hanze, umuriro watwitse amazu makumyabiri ariko ntiwigeze utwika ikirangantego rusange cy’itorero cyariho iyo shusho.

Igitangaje cyane, urukuta rwariho iyo shusho rwasigaye rwemye ntacyarukozeho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyabugogo: Undi muntu yagerageje kwiyahura asimbutse inyubako ikorerwamo ubucuruzi

Andi mafoto mutabonye ya Shyaka Olivier yambika impeta umukunzi we