in

Abana nyuma yo guhabwa amatike y’ubuntu bakoreye ibidasanzwe kuri stade England 0-0 Italy.

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’ubwongereza akomeje kwicarira intebe ishyushye nyuma y’uko nanone ananiwe gutsinda ikipe y’igihugu y’ubutariyani mu mukino wari witabiriwe n’abandi benshi.

Ibintu byakomeje kwanga ubundi imijugujugu yose bayerekeza kuri rutahizamu wa Manchester City Grealish wananiwe kuba yatsinda Kandi ariwe ikipe yari yitezeho amakiriro nyuma yuko Harry Kane abanje kuri bench.

Ubwo gutsinda byari bimaze kubananira abana batoya bari bahawe amatike y’ubuntu kugirango barebe umupira bakaba bahise biha abakinnyi biyi kipe batangira kubamwaza bayibooowinga.

Cyane cyane bakaba bibasiye bikomeye umutoza mukuri ndetse n’abakinnyi barimo Grealish, Kane, Sterling.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwimana Jeannette wamamaye muri Miss Rwanda yasuye ikigo cy’amashuri yizeho cya HVP Gatagara

Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa urimo gutereta uzamenye ko yahoze ari indaya aza kubivamo.