in

Abakobwa birirwa babunga baticara hamwe ngo bakore bazajya bapfa tubure n’aho tubariza: Tijara Kabendera washenguwe cyane n’abakobwa 11 Kazungu yishe, agize icyo yibwirira abakobwa birirwa binjira mu ma ghetto y’abasore batazi https://wp.me/p7ovfz-13Mv

Abakobwa batiraca hamwe ngo bakore ni buriya buryo bazajya bapfa: Tijara Kabendera washenguwe cyane n’abakobwa 11 Kazungu yishe, agize icyo yibwirira abakobwa birirwa binjira mu ma ghetto y’abasore batazi

Tijara Kabendera mu kiganiro na Isimbi Tv yakomoje ku gahinda yatewe no kubona umugabo w’inyamanswa wica abantu muri buriya buryo yarangiza akabataba nk’uwutaba imigozi y’ibijumba.

Tijara Kabendera adaciye ku ruhande yavuze ko na bamwe mu bakobwa bagomba guhindura uburyo babayeho ngo kuko ntago buri musore wese ukwinjije mu nzu ye aba agushakira ineza.

Inama yatanze Tijara Kabendera yavuze ko abakobwa bashaka ibyo bakora bibahuza aho kujya birirwa mu Gehtto y’abasore batazi bikabaviramo nimfu.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babigize intambara! FERWAFA yashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wafashwe nk’uwa gishuti urahuza u Rwanda na Senegal

Umugabo mukuru wubatse yakorakoye amabere y’umukobwa abyaye nyuma y’uko amuguriye telefone ya iPhone 14 (AMAFOTO, VIDEWO)