in

Abakobwa 10 n’abahungu 10 bakoreye ibiteye isoni imbere y’imbaga y’abantu (Video)

Abakobwa 10 n’abahungu 10 bagaragaye bakora ibyo benshi batatekereza, bashungewe n’imbaga y’abantu batari bake.

Muri videwo yafatiwe mu birori byateguwe na Hoteri itaramenyekana, abakobwa 10 n’abahungu 10 batonze umurongo igihe abakobwa bicaraga ku bahungu bagakora ibintu bidasanzwe.

Bazunguza ikibuno ku bahungu mu birori byari kuri pisine mu marushanwa kugirango berekane ninde mukobwa uhiga abandi mu birori.Byari mu kajagari ,abantu bashungereye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu bakozwe ku mutima n’imbwa zatabaye uruhinja rwajugunywe rukivuka.

Zari n’umuhungu we batunguye abakoresha imbuga nkoranyambaga (AMAFOTO)