in

Abakinnyi bamenyereye kurya ibijumba n’imyumbati by’i Kigali, nibagera i Burayi bizabagora! Byiringiro League yerekanye ibiryo by’i Burayi arya nawe ubwe arabiseka – VIDEWO

Bikunda kubaho ko hari bamwe mu bakinnyi b’abanyarwanda bakujya gukinira i Burayi, ariko ntibamare yo kabiri atari uko gukina byabananiye, ahubwo ugasanga bagorwa n’ibindi bintu nk’ururimi rw’icyo gihugu atazi, ikirere cyaho ndetse hari n’abagorwa n’amafunguro batamenyereye.

Byiringiro League ukinira ikipe ya Sandvikens IF yo muri Sweden yerekanye ifunguro afata, rihabanye cyane n’iryo mu Rwanda.

Ni mu mashusho magufi, agaragaza rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Byiringiro League arimo arya ibiryo byo muri Sweden ubona ko ataratangira kubimenyera neza.

Reba video aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka iteye ubwoba ya Gaz yaturitse maze ihitana imbaga y’abantu abandi barakomereka bikomeye

Uko ibiciro by’ibiribwa bihagaze kw’isoko