in

Uko ibiciro by’ibiribwa bihagaze kw’isoko

Nyuma y’iminsi bivugwa ko ibiciro by’ibiribwa biri hejuru cyane ku isoko ry’u Rwanda, twigereyeyo ngo twishirire amazeze.

Dore uko uyu munsi byiriwe:
Ibishyimbo ni 1300frws ku kiro.
Imyumbati ni 600frws ku kiro.
Iburayi kinigi ni 650frws ku kiro.
Igitoki ni 350frws ku kiro.
Inyanya ni 1200fws ku kiro.

Igihaza ni 1300frws
Iritiro y’amavuta ni 2000frws cyangwa 4000frws bitewe n’ubwoko bw’amavuta.
Ibitunguru ni 1200frws
Karoti ni 1000frws

Inyama z’amaroti ni 5000frws; imvange ni 4000 ku kiro.
Amashaza y’urunyongwe ni 2300frws ku kiro.
Isombe ni 1200frws

Intoryi ni 700frws
Puwavuro ni 1000frws
Imiteza ni 800frws
(Igifungo cyose Ni 500frws)

Indagara ni 2600frws
Ubunyobwa ni 2000frws

Umuceri:
Umuhinde / pakisitani ni 1200frws
Umutanzaniya ni 1700frws

Akawunga ni 1000frws ku kiro.

Umufuka w’amakara ni 12000frws

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi bamenyereye kurya ibijumba n’imyumbati by’i Kigali, nibagera i Burayi bizabagora! Byiringiro League yerekanye ibiryo by’i Burayi arya nawe ubwe arabiseka – VIDEWO

Byiringiro Lague yatangiye gukora ibisa nk’ibitangaza kumugabane w’iburayi