in

Abagore b’i Musanze bari kwiba utwo babonye twose nyuma y’uko abagabo babo banze guhahira abana bababyayeho

Abagore b’i Musanze bari kwiba utwo babonye twose nyuma y’uko abagabo babo banze guhahira abana bababyayeho.

Mu karere ka Musanze haravugwa inkuru y’abagore bishoye mu ngeso mbi z’ubujura aho baba bashaka ibibatunga n’abana babo.

Bamwe mu baturage bavuga ko abo bagore bishoye muri izo ngeso kubera abagabo babo banze guhahira ingo zabo.

Bavuga ko abo bagore batanatinya kwiba n’inkono ziri ku ziko bakazijyana.

Umuyobozi bwo buvuga ko iki kibazo bakiganiriyeho n’abaturage mu nteko rusange aho bemeje ko bagiye gushaka abo bagore bagahanwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Zari inoti za 5000FRW gusa! Titi Brown ubwo yari yasokeye mu kabari, yahahuriye n’umukire w’umujejetafaranga maze amuha inoti zitukura kugeza ubwo Titi yumirwa – VIDEWO

“Aba bakinnyi bakiri bato bakwiye kwiga kubaha bakuru babo” Lionel Messi yatangaje amagambo akakaye nyuma yo kuniga umukinnyi wa Uruguay