in

“Abageni baza basaba ivanga mutungo mubitondere” Tidjara yagiriye inama abasore bose ku mugore bagomba kwitondera

Mu kiganiro Tidjara yagiranye na Isimbi TV, yagaragaje impungenge zuko hari abakobwa bajya gushaka bagasaba ivanga mutungo bidatinze bagahita bashaka divorce.

Tidja avuga ko abasore bakagombye kwitondera aba bakobwa baza babasaba ivanga mutungo kuko akenshi baba atari shyahsya.

Avuga ko kandi ibi atari ibifitirano, bibaho koko, ugasanga umukobwa afite undi musore bikundanira, akamwerera ko agiye kubana n’undi ufite amafaranga, mu gihe gito akamwaka divorce akajya kwibanira na wawundi akunda.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Bwiza yagarutse mu Rwanda nyuma y’iminsi ari i Burayi avuga icyatumye agaruka vuba

Umunyarwenya Japhet yakiriwe neza na MC Tricky wamutumiye