in , ,

Abagabo! Dore ibiryo byagufasha kwirinda kugira intanga z’amazi cyangwa zidafite imbaraga (niyo mpamvu ituma abantu benshi babura urubyaro)

Abagabo! Dore ibiryo byagufasha kwirinda kugira intanga z’amazi cyangwa zidafite imbaraga.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko bimwe mu bituma abagabo bamwe na bamwe babura urubyaro ari uko baba bafite ikibazo k’intanga zidatunganye kandi zidafite imbaraga.

Dore bimwe mu biryo rero bishobora ku gufasha guhangana nicyo kibazo.

1.Ubuki

2. Imboga rwatsi ndetse n’imbuto

3. Ubunyobwa bubisi

4. Kuba wahecyenya imyumbati cyangwa ibijumba bibisi

5. Tungurusumu

6. Ifi

7. Kurya umuneke byibuza buri gitondo

8. Kunywa amazi mbere y’isaha ugiye gutera akabariro.

No gukora siporo nabyo biri mu byafasha umubiri wawe gukora neza, ugakora intanga nzima.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kuradusenge
Kuradusenge
10 months ago

Nnx uwagaragaweho nicyo kibazo k intanga zamazi nawe akoresheje ibyo biryo gikagera kukigero gikwiye

Bamujyanye yambaye ibirenge! Umuhanzi wari umaze kumenyekana bamutaye muri yombi maze bamujyana yambaye ibirenge

Ibibazo 9 umugabo wese atakagombye kubaza umukunzi we niba ashaka ko barambana