in

Ibibazo 9 umugabo wese atakagombye kubaza umukunzi we niba ashaka ko barambana

Ibibazo 9 umugabo wese atakagombye kubaza umukunzi we niba ashaka ko barambana

Mu rukundo hari ibibazo umuntu wese yakagombye kumira bunguri ntazatinyuke kubibaza uwo bakundana kuko akenshi ibyo bibazo biba intandaro yo gutana kw’abakundana. Bimwe muri ibyo bibazo ni ibi bikurikira.

1.Ese wankundiye iki?

2.Uri isugi?

3. Waryamanye n’abagabo bangahe?

4. Ese unkundira amafaranga?

5. Wigize unsha inyuma?

6. Papa wawe na mama wawe banye gute?

7. Ntukamubaze niba undi mukobwa ari mwiza, cyangwa indi musore.

9. Ese wakwemera gusubirana na ex wawe.

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo! Dore ibiryo byagufasha kwirinda kugira intanga z’amazi cyangwa zidafite imbaraga (niyo mpamvu ituma abantu benshi babura urubyaro)

Dj Sonia yakaraze umubyimba i Huye induru ziravuga – VIDEWO