in

Zijya ku ngana n’izakubiswe Yesu, Umusaza w’imyaka 61 yasanzwe mu murima akubitirwamo nk’izasagutse ku mwana w’imana dore ko nawe byarangiye ahasize ubuzima 

Zijya ku ngana n’izakubiswe Yesu, Umusaza w’imyaka 61 yasanzwe mu murima akubitirwamo nk’izasagutse ku mwana w’imana dore ko nawe byarangiye ahasize ubuzima

Umusaza w’imyaka 61 wo mu Karere ka Gatsibo,yasanzwe mu murima yapfuye, bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.

Ibi byabaye ku mugoroba wo kuwa mbere tariki ya 12 Kamena 2023,bibera mu Kagari ka Nyabikiri,Umurenge wa Kabarore, mu karere ka Gatsibo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore,URUJENI Consolee, aganira N’UMUSEKE dukesha aya makuru avuga ko bikekwa ko yaba yishwe n’inkoni yakubiswe.

Ati”Twayamenye ejo , amakuru twayahawe n’abayobozi, tujyayo dusanga bamutsinze mu murima.Urebye ni abagizi ba nabi kuko bamwishe bamukubise cyane.”

Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa gukorerwa isuzuma mu Bitaro bya Kiziguro

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imibare igiye kuzamo ibihekane! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi wari utegerejweho ibitangaza mu kujyana ikipe y’igihugu Amavubi mu gikombe cya Afurika, ntabwo akije mu Rwanda

Yahawe akinyuma maze nawe yirwanaho kigabo imbere y’imbaga y’abantu! Umuhanzi Ruger yakorewe ibintu bidasanzwe n’umukobwa wamuhaye akinyuma imbere y’abafana ibihumbi (VIDEWO)