in

Zije zishoreranye nk’iza aba-Perezida: Muri iri joro i Kigali hasesekaye imodoka rutura zifite ikoranabuhanga zizajya zifashishwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange

Zije zishoreranye nk’iza aba-Perezida: Muri iri joro i Kigali hasesekaye imodoka rutura zifite ikoranabuhanga zizajya zifashishwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange.

Mu masaha yo kuri uyu mugoroba, imodoka nshya zije i Kigali zava ku Rusumo aho zije gukoreshwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange.

Ni imodoka zirenga 10 zije gufasha abantu kutajya batinda ku byapa bagiye muri gahunda zabo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dogiteri Nsabi yashenguwe n’agahinda ubwo yari yagiye kureba ikipe y’iwabo ya Musanze FC maze Gasogi United ya KNC iyereka isomo rya ruhago – AMAFOTO

Bikira Mariya Nyina wa Jambo yabonekeye Alphonsine Mumureke i Kibeho mu karere ka Nyaruguru