in

Zidane wanditse amateka muri Real Madrid, agiye kuba umutoza w’ikipe yambara Visit Rwanda

Umutoza Zinedine Zidane ukomoka mu Bufaransa, yamaze kumvikana n’ikipe yambara Visit Rwanda akaba agiye kuyibera umutoza mukuru.

Zidane wanditse amateka yo kuba umutoza wa mbere mu mateka watwaye ibikombe 2 bya Uefa Champions League byikurikiranya, yaguzwe umutoza mukuru wa Bayern Munich yo mu Budage.

Bayern Munich ni imwe mu makipe yambara Visit Rwanda nk’umuterankunga wayo, hiyongeraho na Arsenal ndetse na Paris Saint-Germain.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo ni Allianz Arena! Amashusho ya Stade Amahoro yagaragaye yaka amabara atandukanye ndetse hacurangirwamo indirimbo ya UEFA Champions League, yatumye benshi bashesha urumeza – VIDEWO

Minisiteri ya Siporo yashyizeho uburyo bworohereza aba-Diaspora bwo kwandika abakinnyi bashya bifuza gukinira ikipe y’igihugu Amavubi