in

Zari na wa musore barimo gutwika ku mbuga nkoranyambaga ibyabo babishyize ku rundi rwego(AMAFOTO)

Umugandekazi Zari Hassan wabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz umaze iminsi arimo kubica bigacika n’umusore witwa GK Choppa bongeye gushyira ibyabo ku rundi rwego ubwo basohokanaga bakarya ubuzima ndetse banasomana.

Mu murungo w’amafoto Gk Choppa yashyize ku rukuta rwe rwa Facebook yagaragaye agirana ibihe byiza by’urukundo na Zari Hassan aho bari basohokanye bishimanye cyane.Uyu musore yandikaho ati:” urukundo n’umunezero”.Bigaragaza ko Iby’urukundo rwabo bimaze kubarenga.

Reba amafoto yabo bombi:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umushinga wa Miss Rwanda 2021 warangiriye mu bukwe?

“Gusambana biri mu bintu biryoha mwa bantu mwe” Dj Brianne yavuze ku muntu wamusambanyije. Video