in

Yubitse umutwe mu rukiko; Neymar yasabiwe gufungwa imyaka ibiri muri gereza (Amafoto)

Neymar yabsabiwe gufungwa imyaka ibiri muri gereza kubera ibyaha ashinjwa by’uburiganya na ruswa.

Neymar yaburaniye muri Espagne, aho yaburanaga na Sosiyete y’iwabo muri Brazil yitwa DIS.

Iyi sosiyete irega Neymar ko yahawe amafaranga make ku masezerano bari bafitanye ubwo uyu mukinnyi yakinaga muri Santos.

Muri 2013, Neymar yerekeza Fc Barcelona yaguzwe miliyoni 57 z’amapawundi yaguzwe, nuko ababyeyi ba Neymar bafashe mo miliyoni 40 maze 17 zisigaye akaba arizo iyi sosiyete ifataho 40% andi akajya muri Santos yari avuyemo.

Abashinjacyaha basabiye Neymar igifungo cy’imyaka 2 na Miliyoni 10 z’amayero mu gihe icyaha cyaba kimuhamye, ariko ba nyiriyi sosiyete bo bifuzaga ko yazafungwa imyaka 5 ndetse na Miliyoni 149 z’amayero mu gihe yahamwa n’icyaha.

Biteganyijwe ko uru rubanza ruzamara ibyumweru 2 humvwa ubuhamya butandukanye.

Amafoto:

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mushiki wa Bruce Melody uririmba indirimbo z’Imana aciye impaka hagati ya Bruce Melody na Meddy

Hita ukora ibi bintu bwangu mu gihe wibeshye ugakora imibonano mpuzabitsina idakingiye.