in

Yooo! Mbega umubyeyi wibyaye, Ifoto y’ababyeyi ba Element Eleéeh yakoze ku mitima y’abantu benshi kubera ukuntu asa cyane nka Se

Umusore utunganya umuziki hano mu Rwanda Fred Robinson Mugisha uzwi ku mazina ya Element Eleéeh, ku mbuga nkoranyambaga ze yashyizeho ifoto y’ababyeyi be ariko icyavugishije abantu benshi ni ukuntu bavuga ko Papa ubyara Element basa.

Uyu musore iyi foto yayishyize hanze mu minsi ishize maze abantu amarangamutima yabo arazamuka batangira kuvuga ukuntu uwo mubyeyi yibyaye kuko asa nk’umuhungu we Element Eleéeh.

Element akomeje gutera imbere mu gutunganya umuziki mu buryo bw’amajwi hano mu Rwanda ndetse ubu yamaze gufatisha ku rwego mpuzamahanga kuko hari abahanzi bo mu bihugu byinshi byo ku isi yakoreye indirimbo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo:Dj Brianne aharabitse abakobwa bafite terefoni za iPhone byose abyishyize hanze uburyo bazibonamo

Videwo:Killaman yifashishije amashusho ari gusomana n’umugore we iyumvire uburyo asesereje nyaxo n’abandi batarashaka abagore