in

Yitwaje ko agiye kuyashyira mu isutiye ye! Umugabo yagerageje gukora mu mabere y’umuhanzika wari ku rubyiniro yitwaje amafaranga (Videwo)

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zo muri Uganda, hari gucicikana amashusho agaragaza umugabo washakaga gukora mu mabere y’umuhanzikazi Winnie Nwagi wari ku rubyiniro, yitwaje ko agiye gushyira amafaranga mu isutiye ye, igihe yari ari kuririmba.

Ibi byabaye ubwo Winnie Nwagi yataramiraga abitabiriye igitaramo cyabaye muri iyi weekend i Kampala.

Uyu mugabo yaje yegera urubyiniro, yegera aho uye muhanzikazi yari ari, afata amafaranga maze ashaka kuyashyira mu mabere ya Nwagi, gusa we yahise amwiyaka akomeza gutaramira abari aho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi APR FC yumvaga ishobora kugumana byarangiye yerekeje hanze y’u Rwanda ahabwa akayabo iyi kipe itapfa gutanga

“Yanamwangije hafi y’imyanya y’ibanga” Abaturage b’i Rusizi bariye karungu kubera ibyo Mudugudu yakoreye umudamu w’umuturanyi