in

Yirira udusore tw’udusitari! Tiwa Savage ari kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi ukomeye muri Nigeria arusha imyaka 17

Umuhanzi Tiwa Savage wamamaye mu ndirimbo zigiye zitandukanye ari kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Omah Lay.

Ibi biri kuvugwa nyuma y’uko Omah Lay yafashe ifoto ya Tiwa Savage akayishyira kuri Twitter ye nk’ibimuranga (profile picture)

Ibi Omah Lay yakoze ntibyavuzweho rumwe ndetse byateye urujijo mu bantu aho bari kwibaza niba baba bari mu rukundo.

Kugeza ubu Tiwa Savage afite imyaka 42 mu gihe Omah Lay afite imyaka 25 y’amavuko yo nyine.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

“Ukwibyara gutera ababyeyi ineza” Clarisse Karasira mu busizi bwuzuye ubuhanga yatangaje byinshi ku mugabo we ndetse n’umwana wabo

Zari yajyanye umukunzi we kwishimira ku mva y’uwahoze ari umugabo we-Video

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO