in

Yihishaga mu banyarwanda bigakunda, abanyamahanga baje bimera nko kwihisa mu murima w’ubunyobwa! Umukinnyi wa mbere APR FC yamaze kumusezerera kubera nta mumaro akibafitiye

Yihishaga mu Banyarwanda abanyamahanga baje bimera nko kwihisa mu murima w’ibigori! Umukinnyi wa mbere APR FC yamaze kumusezerera kubera nta mumaro akibafitiye.

Nizeyimana Djuma yabaye umukinnyi wa mbere wasezerewe na APR FC nyuma yo guhindura ikava mu bakinnyi bo mu Rwanda ikataka isoko mpuzamahanga ry’abakinnyi.

Djuma yasezerewe ku munsi w’ejo hashize aho yahawe ibaruwa n’ubuyobozi bw’iyi ikipe igiye kujya guhangana ku rwego mpuzamahanga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ukuntu kera wari kabi none reba ukuntu usigaye usa sha” Isimbi Noeline yongeye kwibutswa ko kera isura ye itacuruzaga nyuma y’amafoto yatumye bamwe bava mu gakiza ubwo yari yambaye utwenda tubonerana ari ku mazi(AMAFOTO)

Kombona mwese mungana! Kivumbi king bwambere yerekanye mama we ndetse amwifuriza n’isabukuru nziza y’amavuko