in

Yewe si mu Rwanda gusa biba! Ariana Grande yahanye divoruse itangaje n’umugabo we bamaranye igihe gito cyane

Yewe si mu Rwanda gusa biba! Ariana Grande yahanye divoruse itangaje n’umugabo we bamaranye igihe gito cyane

Umuhanzi kazi Ariana Grande w’imyaka 30 y’amavuko yatandukanye n’umugabo we Dalton Gomez w’imyaka 27 y’amavuko bari bamaze igihe gito barushinze.

Ariana Grande na Dalton Gomez bakoze ubukwe muri 2021, babukora imbere y’Imana n’imbere y’amategeko, bivuze ngo bari bamaze imyaka 2 gusa babana.

Aba bombi batandukanye byemewe n’amategeko, bagiye mu rukiko bahabwa divorce.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

13 bahise bahasiga ubuzima! Habaye impanuka ikomeye cyane, inzu ndende cyane yaguye ihitana abantu bitewe n’umuntu umwe gusa

Yabanje kumuhwitura! Umuhungu wa Zari The Boss Lady yasabye umugabo we Shakib Lutaaya ikintu gikomeye cyane