in

“Yewe aho kubaka Stade nk’iyi nta kipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda” Umukunzi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Ruhago nyarwanda muri rusange yarakajwe na Sitade Amahoro igiye kuzura nta kipe ikomeye iri mu Rwanda

“Yewe aho kubaka Stade nk’iyi nta kipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda” Umukunzi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Ruhago nyarwanda muri rusange yarakajwe na Sitade Amahoro igiye kuzura nta kipe ikomeye iri mu Rwanda.

Uwitwa Ndacyayisenga Eric ku rubuga rwa X, yababajwe na Sitade Amahoro izakinirwamo n’amakipe yo mu Rwanda.

Avuga ko u Rwanda nta makipe ahari yagakwiriye gukinira kuri iyi sitade kuko ari hasi.

Yagize ati: “Yewe aho kubaka Stade nkiyi nakipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Papa Firmino! Umubyeyi wa Roberto Firmino yitabye Imana

Burna Boy yafashe mama we amuzamura mu kirere ku rubyiniro abantu bavuza induru -Amashusho