in

“Yego, Turi aba-ADEPR ” Umugabo wa wa mugore wagaragaye mu mashusho y’urukozasoni yatitije imbuga nkoranyambaga yagize icyo ayavugaho ndetse amena n’amwe mu mabanga abantu batari bazi

Umugabo wa wa mugore wagaragaye mu mashusho y’urukozasoni yatitije imbuga nkoranyambaga yagize icyo ayavugaho ndetse amena n’amwe mu mabanga abantu batari bazi.

Umugore utuye mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Shyogwe, Akagali ka Ruli, Umudugudu wa Murambi witwa Mukanyandwi Francine, arahakana yeruye ko atariwe ugaragara mu mashusho y’urukozasoni (Ubusambanyi) yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga.

Ahamya ko abayakwirakwije ari abashaka ku mwangiriza izina ndetse n’umuryango we.

Umugabo we, avuga ko atazi imvano y’ibivugwa ku mugore we.

Mu kiganiro yahaye Intyoza.com yahakanye yeruye avuga ko umugore ugaragara mu mashusho y’urukozasoni yakwirakwijwe atari we.

Ni amashusho agaragaza umugore n’umugabo cyangwa umusore barimo kurongorana, abantu bakavuga ko ariwe uyagaragaramo ariko we ubwe yabiteye utwatsi, avuga ko abayakwirakwije bakayamwitirira ari abashaka kumwangiriza izina n’umuryango.

Yabwiye umunyamakuru Ati” Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwizwa amashusho bivugwa ko ari ayanjye ariko si nyazi ndetse abayakwirakwiza ni abashaka kunyangiriza isura no kunsenyera umuryango kuko njyewe n’umugabo wanjye twashakanye tubanye neza, nta makimbirane dufitanye yatuma njya mu busambanyi“.

Akomeza yemeza ko hari bamwe mu bakwirakwije aya mashusho bagomba kubibazwa, ndetse ko batangiye gufatwa ngo babiryozwe.

Ku bijyanye n’amafaranga baciye umugore we ntakintu yigeze atangaza.

Ku byo gusengera muri ADEPR yabyemeje avuga ko ariho basengera gusa ngo ku wa 18 Kamena 2023 batigeze bajya gusengera aho basengeraga ku bw’impamvu z’ubutumwa bundi bari bafite bw’itorero.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza mushya w’Amavubi: FERWAFA yahisemo umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore

Byari agahinda n’amarira menshi mu muhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye wa Manchester United – AMAFOTO