in

“Yego ko mbega ubwiza ninkubwanjye pee!” Burya koko abantu bazira abimereye neza! Abantu benshi bakomeje gusebya umugore w’umuhanzi Sintex bamuziza uko Imana yamuremye

“Yego ko mbega ubwiza ninkubwanjye pee!” Burya koko abantu bazira abimereye neza! Abantu benshi bakomeje gusebya umugore w’umuhanzi Sintex bamuziza uko Imana yamuremye.

Mazimpaka Arnold wamamaye ku izina rya Sintex yafashe umwanzuro wo gusezerena n’umukunzi we yihebeye Shadia Keza imbere y’amategeko tariki 24 Kanama 2023 gusa abakoresha urubuga rwa Instagram bibasiye uyu mukobwa bamushinja kuba adafite uburanga burangaza.

Ubwo InyaRwanda yerekanaga amafoto ya Shadia wasezeranye imbere y’amategeko na Sintex maze ikagira iti :”Uburanga bwa Shadia Keza wamaze gusezerena na Sintex mu mategeko” byatumye abantu batandukanye batangira gutangaza amagambo adashimishije kuri uyu mukobwa washimwe na Sintex.

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona amafoto ya Shadia Keza wasezeranye na Sintex imbere y’amategeko:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikibuno ufite ngo wakoze Surgery niyo mpamvu cyabaye kinini! Umuhanzikazi Queen Cha yarwishigishiye none ari kurwisomera nyuma yo kugaragaza igice cye cy’inyuma none ibibazo arikubazwa kubisubiza byabaye ingorabahizi -AMAFOTO

‘Abantu bagira amagambo’ hakomeje gusakara amakuru avuga ko Sintex yarongoye Shadia kugira ngo yibonere Visa ya Canada