in

Yazize inda ye! Umugabo yakubitiye umugore mu muhanda amwambura ubusa

Mu gihugu cya abaturanyi cy’uganda haravugwa inkuru y’umugabo ndetse n’ umugore bamaze igihe kingana n’ibyumweru bibiri babana gusa umugabo kuri iyi nshuro byamanze mu nda amubwira ko ari kumuhombya .

Ushobora kwibaza Ati “Byagenze gute ” mugace kari hafi n’umuhanda wa Blue Room umugabo aho yakubise umugore baryanaga ubuzima amuziza ko asigaye amurya amafaranga umugore nawe akamwadukira amubwira ko atazimukuye mumufuka we

bamwe mubagenzi bahitaga hano batangarije kimwe mu kinyamakuru gukorera muri uganda ko uyu mugabo urebye yahoraga umugore ubusa kubera ko babanaga umugore amutekera ndetse amufata neza gusa icyo bapfana n’amafarannga yamuhaga buri uko baryamanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu buryo budasubirwaho ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangizanya na rutahizamu karundura wakoze amateka muri Shampiyona y’iwabo abantu bose baratangara

Mupenzi Eto wo muri APR FC yasabiwe gufungwa imyaka ine muri gereza