in

Yayoje igitiyo: Hamenyekanye akavagari k’amafaranga Burna Boy yahawe ku mukino wa nyuma wa Uaefa Champions League

Umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Burna Boy ukomoka mu gihugu cya Nigeria yasusurukije abantu bari bitabiriye umukino wa nyuma wa Uaefa Champions League wahuje ikipe ya Manchester City na Inter Milan.

Hamaze kumenyekana akabayo uyu muhanzi wo muri Nigeria yahawe kugira ngo atange ibyishimo ku bantu bari bitabiriye umukino wa nyuma wa Uaefa Champions League, Bruna Boy yahawe agera kuri miliyoni ebyiri z’amadolari bisonuye neza ko yahawe arenga miliyari ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndabona utakiri imanzi” Amashusho y’umuhanzi ukiri muto uri mu bagezweho i Kigali ari kwagazwa mu bituza n’inkumi y’ikimero yarikoroje(Videwo)

‘Yari yirwariye intinyi’ Umugabo wagerageje kubyinisha inkumi yakijijwe nakarenge ubwo iyo nkumi yatangiraga gukaraga inyuma hayo(Videwo)