in

Yavugishije benshi mu bayibonye: Ikipe ya Liverpool yagaragaje imyambaro mishya igomba kuzajya yambara mu gihe yakiriye umukino

Ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze kumurika imyambaro mishya izajya yambara mu gihe yakiriye umukino.

Mu myambaro myiza cyane abakinnyi barangajwe imbere na Muhammed Salah na Núñez ndetse na Jones nibo bagaragaye bambaye imyambaro ikipe ya Liverpool izambara mu mwaka w’imikino wa 2023-2024.

Dore imyambaro abakinnyi b’ikipe ya Liverpool bazajya bambara mu gihe bakiniye mu rugo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore Impamvu Tanasha Donna wabyaranye na Diamond Platnumz agiye gukura umuryango we muri Kenya.

Bagiye kumukora ku nda: Umunyarwenya Japhet Mazimpaka yiyemeje ibintu bishobora kugira ingaruka mbi ku muhanzi Meddy (video)