in

Dore Impamvu Tanasha Donna wabyaranye na Diamond Platnumz agiye gukura umuryango we muri Kenya.

Umunyamakuru ukomoka muri Kenya akaba n’umuhanzi wabyaranye na Diamond Platnumz, Tanasha Donna yavuze ko agiye kwimuka muri Kenya akahakura umuryango we kuko ari igihugu cyuzuyemo umwanda.

Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, bukaba bwatunguye benshi mu bakunzi be.

Yagize ati “singiye kubeshya, iki gihugu ni umwanda. Ngiye kugerageza gufata umuryango wanjye n’imizigo nigendere neza. Ni umwanda kuko turimo kuwinjiramo mu buryo butandukanye, ariko buri munsi kuva 2023 yatangira ibintu bidasobanutse biraba. “

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ishobora kucyegukana: Ikipe ya Kiyovu Sports amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda akomeje kwiyongera

Yavugishije benshi mu bayibonye: Ikipe ya Liverpool yagaragaje imyambaro mishya igomba kuzajya yambara mu gihe yakiriye umukino