in

“Yatwitse umugabo we umubiri wose”-inkuru y’urukundo rwabo ntabwo isanzwe

Ubuzima ntabwo bisanzwe ko umunyu y’abana n’umuntu wamugiriye nabi gusa kuri iyi couple ntabwo ariko bimeze kuko biratandukanye.

Umunsi umwe frodis warugejeje imyaka 25 yasabye umugore we ko bashinga urugo icyo gihe ntacyo yamusubije gusa frodis ntabwo yacitse intege kuko yakomeje gusaba umugore bari kumwe ubu ko bashinga urugo gusa umugore we ntiyabyumva .

Mu magambo ye frodis avuga  ko yavuye ku kazi yirambitse maze umugore we ajya kugura petrol amusanga aho yararyamye niko kumutwika yeguka ari gushya niko kuva icyo gihe yaguye muri coma abaturanyi nibo batabaye bamujyana kwa muganga.

Yarwariye mu bitaro imyaka igera kuri abagiraneza aribo bamufasha yaje gusubizwa mu rugo hashize igihe umugore we aza kumusaba imbabazi nawe nk’umuntu arazimuha kuko ngo niyo yafungwa ntabwo byagarura ubuzima bwe.

Kuri ubu yamuhaye imbabazi  ndetse barabana  bamaze kubyara abana 2 kandi umugore niwe umwitaho dore ko we ntacyo yakora kubera ibikomere byuzuye umubiri we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arthur Nkusi n’umugore we ni bamwe mu bitabiriye ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umwana wa Sandrine Isheja Butera (Amafoto)

Burya Messi na Ronaldo ni ibitangaza guhangana byimukiye ku mbuga nkoranyambaga. Inkuru irambuye ntigucike(amafoto)