in

Yatwaye UEFA Champions League! APR Fc yashyize ku meza umurundo w’ibifaranga byinshi ikaba ishaka kuzana umutoza ufite ibigwi bihambaye ku Isi

APR FC igeze kure ibiganiro bigamije kugarura Umutoza wayinyuzemo ukomoka muri Serbia, Ljubomir Petrović utoza Litex Lovech yo muri Bulgaria kuri ubu.

Mu bigwi bihambaye by’uyu mutoza harimo kuba yaratwaye igikombe cya European Cup mu 1991, mbere y’uko iyo mikino yitwa UEAFA Champions League, Aho ikipe yatozaga ya Red Star Belgrade yatsinze Marseille ku mukino wa nyuma.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ari gukura aba igisore nka Se! Umuhungu wa Keza Terisky na The Trainer ari gukura aba igisore nka Se wayogoje abanya-kigali (AMAFOTO)

Barasa wagira ngo baravukana! Imbuga nkoranyambaga zikomeje kwibasira Miss Burundi uherutse gutorwa bamwita umwana wa Grand P kubera ukuntu basa (AMAFOTO)