in

Yatunguwe no gusanga yarameze imisatsi n’amenyo muri nyababyeyi

Umugore yatunguwe no kumenya ko afite amenyo n’umusatsi bimaze imyaka ibiri bikurira muri nyababyeyi ye.Page Davenport, ukomoka muri Amerika, yabanje kubona ko afite ububabare budasanzwe mu nda mu cyumweru gishize kandi nanone “akava amaraso kandi atari mu gihe cy’imihango.Yatekereje ko ashobora kuba yarasamye maze akoresha ibizamini byinshi ariko byerekana ko nta nda afite

.

Uyu mugore yaje kujya kwa muganga bakoresha scanner bareba mu nda , maze yifashishije Tiktok yasangije abamukurikira ibidasanzwe byamubayeho ndetse binatngaje. Asobanura ibyabaye agira ati: “Ntabwo ari uruhinja, mu by’ukuri ni ikintu kibi kuruta umwana.”

Yavuze ko ubwo abaganga bagezaga icyuma hafi y’imyanya y’ibanga babonye mu nda ye harimo ibintu bidasanzwe aho babonye muri nyababyeyi ye harimo amenyo abiri n’imisatsi bigenda bikura kandi ko abimaranye imyaka ibiri bikura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore witegura ubukwe yagiye gutera akabariro asanga imyanya myibarukiro y’umukunzi we ari mito cyane-Aragisha inama

Agatoki ku kandi! Umunyamwenya Zaba Missed Call n’umukunzi we mu munyenga w’urukundo (Video)