in

Umusore witegura ubukwe yagiye gutera akabariro asanga imyanya myibarukiro y’umukunzi we ari mito cyane-Aragisha inama

Umusore ugiye gukora ubukwe yahishuye akaga yahuye nako ubwo yashakaga gutera akabariro n’umukunzi we bitegura kubana maze asanga nta myanya ndangagitsina agira nk’uko yabitangaje ku mbua nkoranyambaga.

Nk’uko uyu mugabo abivuga, ngo umugore we w’imyaka 36 ntafite imyanya y’ibanga yagutse kandi biramugora kunezerwa n’urukundo rwo mu buriri.Yavuze ko yagerageje byose kugirango yumve amerewe neza kandi yorohewe mugihe cy akabariro ariko burigihe birangira aramarira kubera ububabare.

Yanditse ati:”Umukunzi wanjye nta myanya ndangagitsina yagutse agira, tumaze umwaka dukundana.Twese dufite imyaka 36 kandi dukora ibishoboka byose kugirango tuzashyingiranwe uyu mwaka.Ariko vuba aha twagerageje kuryamana ariko byaramuababaje cyane. Nagerageje gukora BYOSE kugirango yumve aruhutse gato ariko sinshobora gucengera.Inshuro nyinshi namukoresheje massage, ndamusiga, ndamurigata nibintu byinshi ariko urutoki ntirushobora no kwinjira.

Ubu ntabwo ari ubundi bubabare ahubwo ni ububabare bwo kwinjira. Ntangiye kumva ubugabo bwanjye ari bunini pe .Mubyukuri, ni birebire kandi ubugabo bwanjye buraringaniye.Nkore iki? ko mukunda cyane?'”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Bissosso muri Studio itunganya umuziki. Umva indirimbo agiye gusohora (Video)

Yatunguwe no gusanga yarameze imisatsi n’amenyo muri nyababyeyi