in

“Yatoje za ‘Lyon’, ‘Marseille’, afite lisance ‘pro’ ntaho ahuriye na Adil” KNC yavuze ibigwi bihambaye by’umutoza Gasogi igiye kumanura i Nyarugenge – VIDEWO

Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yatangaje ko iyi kipe izatozwa n’Umugore kandi ngo yitezweho umusaruro udasanzwe.

Mu kiganiro Rirarashe kuri Radio Tv1, KNC yavuze ko uyu mutoza yatoje amakipe akomeye yo mu Bufaransa nka Olympics Lyon na Marseille.

KNC yavuze ko uyu mutoza asanzwe azi n’ibintu by’ubuganga, akaba afite Lisance Pro y’iburayi, akazaza ari kumwe n’umwingiriza w’umugabo ndetse kandi yongeyeho ko ntaho ahuriye na Adil Erradi Mohammed watozaga APR Fc.

Reba video aho hasi:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ijambo ry’ubwenge ukwiye kugenderaho uyu munsi

Udushya twe nti tujya dushira: Umuyobozi wa Gasogi United ‘KNC’ yatangaje ko iyi kipe izatozwa n’Umugore bidasubirwa ho, yavuze n’amazina ye n’igihe azasesekara mu Rwanda