in

Yasize abakubise ikinyoma! Kazungu Denis uherutse mu rukiko agasiga ababeshye, agiye gusomerwa

Yasize abakubise ikinyoma! Kazungu Denis uherutse mu rukiko agasiga ababeshye, agiye gusomerwa.

Ku isaha ya saa Cyenda zo kuri uyu wa Kabiri nibwo Kazungu arasomerwa urubanza ku ifunga n’ifungurwa nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumusabiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 21 Nzeri 2023, ni bwo Kazungu yagejejwe imbere y’urukiko.

Ubwo yageraga imbere y’urukiko yavuze ko impamvu yishe abantu bagera kuri 14 ni uko bari baramwanduje Sida.

Nyuma yo kuvuga ibyo, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwaje kunyomoza iby’uko Kazungu Denis arwaye Sida.

Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha by’ubwicanyi yakoreye mu Karere ka Kicukiro.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports iri mu kaga gakomeye nyuma y’ibyo abakinnyi ba Al Hilal Benghazi bakorewe bidasanzwe

Umuhungu usa nka nyina! Umwana wa Bazongere Rosine agerereje amashuri abanza kubera ubufasha bwa nyina umuba hafi buri munsi (AMAFOTO)