in

Yashotoye Bruce Melodie ashaka kumukubita ikinyafu! Ibyo wamenya ku mukobwa umaze kwigarurira abahanzi nyarwanda mu mashusho y’indirimbo zabo (AMAFOTO)

Ibyo wamenya ku mukobwa umaze kwigarurira abahanzi nyarwanda mu mashusho y’indirimbo zabo.

Uwase Nadia Bianca afite imyaka 23, yatangiye kugaragara mu mashusho y’indirimbo kuva mu 2020.

Yagaragaye mu ndirimbo nka Kontorola ya Alyn Sano , Ubushyuhe ya DJ Pius na Bruce Melodie, Ikinyafu ya Bruce Melodie, Sawa ya Nel Ngabo, Jaribu ya Mike Kayihura, Nightmare ya Juno Kizigenza, Nyoola ya Bruce Melodie na Eddie Kenzo n’izindi.

Avuga ko hari abantu bafata abakobwa bagaragara mu mashusho y’indirimbo uko batari bitewe n’uko baba bababonye muri izo ndirimbo. Ati “Hari abadushimira bakatubwira ko badufana. Hari abavuga ngo uriya ni ikirara ni iki n’iki.”

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi bagize ngo Maguire yaguzwe mu Mavubi: Amashirakinyoma ku ifoto ya myugariro wa Manchester United, Maguire wagaragaye aberewe mu mwambaro w’ikipe y’igihugu Amavubi (AMAFOTO)

“Ubuse mwari abana ra?” Ifoto yo hambere y’abanyamakuru b’imikino bakunzwe hano mu Rwanda yatumye abantu benshi bacika ururondogoro