in

Yarongowe adakuze! Umukobwa utari wuzuza imyaka y’ubukure yiyahuriye muri kasho akoresheje icyiziriko ikariso ntiyapfa

Yarongowe adakuze! Umukobwa utari wuzuza imyaka y’ubukure yiyahuriye muri kasho akoresheje icyiziriko ikariso ntiyapfa.

Igipolisi cyo mu gihugu cya Kenya cyatabaye mu maguru mashya umukobwa uherutse gufunganwa na mugenzi we kubera ko bashatse umugabo bataruzuza imyaka y’ubukure, maze nawe agahitamo gushaka kwiyahurira muri Kasho akoresheje ikariso.

Aba bakobwa babiri bari munsi y’imyaka 18 ni abo Ntara ya Kaminini bakaba bari bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Sirende.Amakuru avuga ko batawe muri yombi ku busabe bw’ababyeyi babo kugira ngo hashakishwe umugabo wabarongoye batarageza imyaka y’ubukure.

Nyuma yo kugezwa muri Kasho ya Polisi nibwo umwe yagerageje kwiyambura ubuzima ariko atabarwa ataragera kuri uwo mugambi.

Ubwo yifashishaga ikariso ngo yiyahure, Abapolisi batabaye mu maguru mashya bahita bamujyana kwa muganga igitaraganya.

Raporo y’abaganga yagaragaje ko uriya mwana w’umukobwa atwite ni mu gihe mugenzi we basanze akarangabusugi karangiritse kubera gusambanywa n’uwo mugabo ugishakishwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma ya Babo wasomanye na Nyina, Umunyamakuru Tidjara Kabendera na we yasomye umuhungu we maze amagambo ashira ivuga (AMAFOTO)

Munsi y’umukandara hahungabanye! Yirukanwe azira kujya mu kazi yambaye ikariso ikishushanya ku mabuno bigatuma abagabo bahungabana mu ipantaro