in

Yarisohoye hanze nk’ugiye konsa! Umuhanzikazi yateye ubushagarira abafana be ubwo yasohoraga ibere rye mu isutiye imbere y’imbaga y’abafana ibihumbi (AMAFOTO)

Umuhanzikazi yateye ubushagarira abafana be ubwo yasohoraga ibere rye mu isutiye imbere y’imbaga y’abantu.

Umuhanzikazi w’Umunyamerika Janelle Monáe yatunguranye mu gitaramo ubwo yasohoraga ibere akereka abantu bitabiriye Iserukiramuco “The 2023 Essence Festival’’.

Yabikoze mu igitaramo cyabereye muri New Orleans muri Amerika mu mpera z’iki Cyumwer

Ubwo yari ari kuririmba uyu muhanzikazi yazamuye igice kimwe cy’akenda yari yambaye hejuru maze agaragaza ibere rye rimwe.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bugesera: Habereye imirwano karundura y’abaturage n’abajura bari bitwaje intwaro gakondo, aho abatari bake babihombeyemo

Nawe byamubera! ubukwe bwa Papa Sava bukomeje guteza ururondogoro