in

Yari yatumwe kandi yari yemerewe akavagari k’amafaranga: Hamenyekanye impamvu ikomeye yatumye telefone ya The Ben yibwa n’umuntu uzwi cyane mu myidagaduro

Yari yatumwe kandi yari yemerewe akavagari k’amafaranga: Hamenyekanye impamvu ikomeye yatumye telefone ya The Ben yibwa n’umuntu uzwi cyane mu myidagaduro.

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye cyane ku izina rya The Ben aherutse kwibwa telefone ye ubwo yari mu gitaramo i Burundi uwo bicyekwa ko yibye iyi telefone n’umusore witwa Ndagijimana Ericu uzwi nka X-Dealer unasanzwe amenyerewe cyane mu myidagaduro.

Amakuru ahari avuga ko uyu musore yari yatumwe n’umuntu washakaga gukura amakuru mur’iyo telefone ndetse ko iyi telefone ikaba yarimo amasezerano n’amashusho yari akenewe cyane nuwo muntu dore ko yari yemereye X-Dealer agera kuri miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: APR FC ituye umujinya Musanze FC

Ibintu yabishyize kurundi rwego: Umunyamideli Keza Terisky yakoze ibisa nko gushotora abagabo -AMAFOTO