in

Yari yarabivuze: Umutoza wakoreye Rayon Sports ibyo itazigera yibagirwa yabonye ikipe nshya ikomeye cyane muri Afurika

Yari yarabivuze: Umutoza wakoreye Rayon Sports ibyo itazigera yibagirwa yabonye ikipe nshya ikomeye cyane muri Afurika.

Umutoza Haringingo Francis wahesheje Rayon Sports igikombe cy’Amahoro agahita ayisezeraho ndetse agatangaza ko agiye kwerekeza mu ikipe yo hanze y’u Rwanda birangiye yerekeje muri Sofapaka yo muri Kenya aho yajyanye n’umutoza Pablo.

Ifoto ya Haringingo Francis na Pablo berekeje mu ikipe ya Sofapaka yo muri Kenya:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Polisi, Doctor, indwanyi, umukanishi, umunyamashuri ! Impano zose umwana wa Young grace afite zikomeje gutangaza benshi, ese wowe urabona aberewe n’iki [ Amafoto ] 

Iby’inyarugenge nti byoroshye: Umuhungu ari kugerekwa ho inda n’umukobwa batari baryamana (ari kwibaza niba uwo mukobwa yaba yarayinyoye mu mazi)